Mu gihe u Rwanda, kimwe n’isi yose, ruri guhangana n’icyorezo cya Covid-19, ingaruka zigenda ziba nyinshi ku buzima bw’abantu. Mu kwirinda ikwirakwira rwicyo cyorezo mu ngamba zafashwe harimo kuguma mu rugo. Ibi bikaba bikanakomeje mu duce tumwe na tumwe tw’u Rwanda harimo n’Akarere ka Rusizi. Iki cyorezo cyateje ibibazo binyuranye harimo no kubura ibyo kurya. […]